“20. Nuko rero niba mwarapfanye na Kristo, mukaba mwarapfuye ku migenzereze ya mbere y’iby’isi, ni iki gituma mwemera kuyoboka amategeko y’imihango nk’aho mukiri ab’isi,” (Abakolosayi 2:20)
Uburuhukiro bwo mu mutima
Ndakwifuriza ubu buruhukiro n’amahoro duheshwa na Yesu watubambiwe kandi ibyatanga ntakintu cyangwa umuntu wabasha kubikwaka.