Uhumure ntabwo uri wenyine – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Mubigisha kwitondera ibyo nababwiye byose. Kandi dore ndi kumwe namwe iminsi yose kugeza ku mperuka y’isi. (Matayo 28:20).

Isezerano rya Yesu ntirihinduka, aho uri no mu gihe ugezemo akomeje ku kubwira ko muri kumwe nawe, uhumure ntabwo uri wenyine.


Pst Mugiraneza J. Baptiste