Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza, kuko namara kwemerwa azahabwa ikamba ry’ubugingo, iryo Imana yasezeranije abayikunda. (Yakobo 1:12)
Wicika intege, ibikugerageza bifite iherezo. Urasabwa kubyihanganira kuko hirya yabyo hari ugutabarwa.
Pst Mugiraneza J. Baptiste