Iradukiza, itabitewe n’imirimo yo gukiranuka twakoze, ahubwo ku bw’imbabazi zayo idukirisha kuhagirwa ari ko kubyarwa ubwa kabiri, ikadukirisha no guhindurwa bashya n’Umwuka Wera (Tito 3:5)
Ubwo Yesu yadupfiriye turi abanyabyaha, ubu sibwo yareka kutugirira neza kandi tumwizeye akaba yaratubabariye ibyaha byacu.
Pst Mugiraneza J. Baptiste