• Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Top Bar Navigation
AMASEZERANO.COM
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
AMASEZERANO.COM
No Result
View All Result
Ahabanza IGITABO CY'UMUGENZI

5.BWENGE BW ISI DUKOMEZE N’AGATABO K’UMUGENZI/ DONNA MMA VANY

Admin na Admin
09/04/2018
muri IGITABO CY'UMUGENZI
0
4
UMUNTU WARI UHETSE UMUTWARO (Mukristu)AGATABO K’UMUGENZI
0
Bayisangije
1k
Bayisuye
1,564
  1. 5.BWENGE BW ISI

MuKRISTU AJYA KU IREMBO RIRASUKIRWAHO AHURA NA BWENGEBWISI

Ubushize twatandukanye Mukristu, Mutabazi amufashije kuva mu isayo gahindagasaze akomeje urugendo ajya ku Irembo Rirasukirwaho (rifunganye), nyamara urugendo yahuriyemo n’umugabo Bwengebwisi avuye mumudugu, baturanye Witwa BWENGEBWAKAMERE, maze aramuyobya.

Bahuye rero mukristu agenda aremerewe , aniha , asuhuzumutima ; Undi aba amubonye amababa aramwihererana, baba baraganiriye kandi uwo mugabo yari yarumvise inkuru ze ariko ntibyabujije mukristu kubimusubiriramo nawe, undi abyumvise aba amugiriye inama yo gutura umutwaro hafi aho atiriwe akomeza .

ESE WOWE NTAWE MWIGEZE MUHURA NGO AKUBWIRE KO UGOMBA GUKIZWA MU BWENGE ?

Bwengebwisi yamugiriye nindi nama yo guhindura inzira, amwumvisha ko iyi nzira irimo ibyago byinshi!

ati : ntureba uko isayo yaguhinduye. Ubwo kandi amwumvisha ko ari itangiriro ry ibyago azahurira nabyo muri iyo nzira. Ahita amubwira ko amurangira umuntu witwa MWIKIRISHAMATAGEKO, utuye Kwa NGESONZIZA w’umunyabwenge.

Haraho Bwengebwisi yamubwiye ko ari umusaza amuruta ubukuru mukristu yari
yakubitanye n’umusaza mu itorero.
Yamurondoreye ibyago azahura nabyo:
Imiruho
umubabaro
inzara n ibyago
kwambara ubusa
gucumitwa inkota
intare n ibiyoka
umwijima
urupfu
Amubwira ko bitoroshye ariko undi ntiyabyitaho .
kuko yarazi ikimuri ku mugongo

Ubwo muzi ko bwenge bwisi atanyuzwe arakomeza da!
Aba amubajije icyamubwiye ko afite uwo mutwaro ku mugongo Ubwo undi nawe amurondoreye byose!!
Sibwo Bwengebwisi amurangiye inzira ya bugufi amurangira UMUGABO WITWA MWIKIRISHAMATEGEKO UTUYE MU BIRORERO BYA NGESONZIZA

Mukristu nyuma yo kuzura gushidikanya sibwo aramwumviye erega
Ateshuka inzira aba akatiye muyo bamweretse inyura munsi y’umusozi muremure .

Uwo musozi wari ubogamiye kuruhande rw’inzira kandi abona wenda kumugwira kandi urabya ibirimi by’umuriro (kuva 19: 16-18tuhasome16 Ku wa gatatu mu gitondo inkuba zirakubita, imirabyo irarabya, igicu gifatanye kiba kuri uwo musozi. Ijwi ry’ihembe rirenga cyane rirumvikana, abantu bose bari mu ngando z’amahema bahinda imishyitsi.17Mose azana abantu akuye mu ngando gusanganira Imana, bahagarara munsi y’uwo musozi.18Umusoziwa Sinayi woseucumbaumwotsi, kuko Uwiteka yawumanukiyeho aje mu muriro. Umwotsi wawoucumba nk’uw’ikome,umusoziwoseutigita cyane)ahageze agira ubwoba arahagarara

(Uyu musozi ni Sinayi yaciragaho amarenga aho baherewe amategeko. Bivuga ngo amategeko ntiyageza Ku gakiza keretse ubuntu bw’Imana muri Kristo Yesu.)

kandi Muvugabutumwa (muvugabutumwa twibuke ko ariwe wamurangiye inzira cya gihe agitangira urugendo) yahamusanze undi isoni zikamukora akabura icyo avuga ariko amaze kumutekerereza uko byagenze
Mubwirizabutumwa amubwira aya magambo

Mwirinde mutanga kumva Iyo ivuga. Ubwo ba bandi batakize kuko banze kumva Iyababuriye iri mu isi, nkanswe twebwe niba dutera umugongo Ituburira iri mu ijuru!

Arakomeza aramubwira ngo, “Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira.”

Amubwira ko yanze kumvira inama yagiriwe n’Imana, akaba atangiye guteshuka ko ari kwishyira mu kaga ko kurimbuka iteka. Mukristu asaba imbabazi abona gutuza umutima .

Icyo twakongeraho ni uko:

Bwengebwisi, Mwikirishamategeko, Mvugonziza, bose bafitanye isano yabugufi uwambere :ariwe bwengebwisi ntamuntu wabasha kwikiza cyangwa ngo akizwe n’ubwenge bwe kuko Imana yabuhinduye ubupfu (Rom1), idukirisha umusaraba wa Yesu ari rwo rupfu

NGESONZIZA: Ngesonziza ni abantu mu kinyarwanda tubita imfura ntacyo yakwima ariko abiterwa ni ubufura yatojwe ngo adakosa bakamugaya ariko ntabikoreshwa no kwizera kandi ibintu udakoreshejwe n’urukundo no kwizera Kristo nta ngororano.

Bwengebwisi ni logique mwikirishamategeko ni ba bantu b’abafarisayo bakurikiza amategeko ariko batazi imbabazi z’ Imana. Mwikishamategeko: ibye twabivuze

Mvugonziza: nawe ntawakizwa no gutunganya ingeso ze uko abyumva cyangwa ashaka ahubwo ingeso z’umuntu zigirwa nziza nuko ababariwe binyuze k’umusaraba.

mukristu yahuye na bwengebwisi, akamugira inama yo gutura umutwaro kugirango yishimire imigisha y’Imana kandi k’umusaraba ariho bayitura.

Muri make rero Twabonye ukuntu yamuyobeje inzira akamwohereza kwa Mwikirishamategeko utuye kwa Ngesonziza akamubeshya ko ashoboye gukuraho imitwaro .

Kandi Twababajwe n ukuntu Mukristo byarangiye ayobye inzira, Kugeza ubwo yongeye guhura na Mubwirizabutumwa bimaze kumuyobera, akabanza kugaya Mukristo, ariko amaze kumva uko byagenze Mubwirizabutumwa yongeye kumwigisha Ijambo ry’Imana. ko imirimo itegetswe n’amategeko (amadini) idashobora gukuraho ibyaha ko Umukiranutsi abeshwaho no kwizera (Yesu),

Ibyo birangiye Muvugabutumwa akaba yaramugiriye inama zose zatuma akomeza urugendo ntibongere kumuyobya nibyo azahura nabyo munzira. Mukristo amaze kumva ibyo no kwemera ko atazongera basezeranaho.
Maze arakata asubira inyuma agenda yihuta ngo asubire munzira ijya kuri rya rembo, aba acitse akaga gutyo ! twirinde uko tugenda muri uru rugendo hari byinshi byadutesha inzira
Tuzakomeza tureka uko yageze ku irembo rirasukirwaho n uko byagenze

Donna Mma Vany

 

Ibiherukaa

Humura, Komera

Ibikurikira

Ibintu 5 biranga abakristo b’ukuri.

inyigisho

Uwiteka agukuyeho igisuzuguriro, humura – Pst Mugiraneza J. Baptiste
IGITABO CY'UMUGENZI

Uhumure ntabwo uri wenyine – Pst Mugiraneza J. Baptiste

27/04/2024
Urukundo Umwami Yesu yadukunze rurahebuje – Pst Mugiraneza J. Baptiste
IGITABO CY'UMUGENZI

Urukundo Umwami Yesu yadukunze rurahebuje – Pst Mugiraneza J. Baptiste

30/09/2023
IYO WABONYE CYA GIHE N UBU NIYO DUSENGA
IGITABO CY'UMUGENZI

Wikwiheba kuko aje gushyiraho iherezo – Pst Mugiraneza J. Baptiste

30/06/2023
Uwiteka Imana igucire inzira ikugeza ku mugambi wayo – Pst Mugiraneza J. Baptiste
IGITABO CY'UMUGENZI

Uwiteka Imana igucire inzira ikugeza ku mugambi wayo – Pst Mugiraneza J. Baptiste

24/05/2023
IGITABO CY'UMUGENZI

22/01/2020
UMUNTU WARI UHETSE UMUTWARO (Mukristu)AGATABO K’UMUGENZI
IGITABO CY'UMUGENZI

MUKRISTO KU MUSARABA N ABAGABO BAHUYE NA MUKRITSU AVUYE KU MUSARABA

08/11/2019
Ibikurikira
Ibintu 5 biranga abakristo b’ukuri.

Ibintu 5 biranga abakristo b’ukuri.

Ibitekerezo 4

  1. Pastor Uwamaliya chantal says:
    7 years Hahise

    Imana iguhe umugisha

    Reply
  2. Kayiranga Deo says:
    7 years Hahise

    urakoze cyane n, ukuri dukwiriye kwirinda abajyanama babi baza batwikundishaho intego yabo ari ukutuyobya inzira twatangiye ya Gakiza

    Reply
  3. jpaul says:
    7 years Hahise

    MBEGA IBIBINTU NUKURI PE UZUKUNTU ABANTU BAJYA BAWIRA ABANDI NGONIBAKIZWA BAZAKENA AHO KUMUBWIRA IBYIZA AKAMUBWIRA INGORANE GUSA IMANA ITURENGERE KUKO BABWENGE BWISI BARAGWIRIYE ARIKO IMANA IDUHE UBWENGE BWIJURU

    Reply
  4. Delphine says:
    7 years Hahise

    Imana iguhe umugisha mama Vanny
    Imana iturinde abaduca intege

    Reply

Leave a Reply to Kayiranga Deo Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Ibigezweho
  • Ibitekerezo
  • Ibiheruka
Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

10/04/2018
UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

19/06/2018
Promise Bible Center

KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10

17/01/2024
Promise Bible Center

Promotion PBC-0723-P8

16/10/2022
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Igice cya 2 cy’Ubuhamya bw’inzira igoye y’ubuzima bwa UWITONZE Hosiane

13
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.,/Ev. Kayiranga Deo

7
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

7
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

7
Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Dukurikire

  • 1.3k Fans
  • 10 Followers
  • 1 Followers

Soma n'ibi

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Abo turibo

AMASEZERANO.COM

Amasezerano ni urubuga rwa Gikristo rw'ivugabutumwa. Intego yacu iri mu Abafilipi 1:6

IBIRIMO

Dukurikire kuri Facebook

  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Footer Navigation

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

 

Loading Comments...