“2. “Uku ni ko Uwiteka avuga ari we ugira icyo akora, ari we ukirema akagikomeza, Uwiteka ni ryo zina rye aravuga ngo3. Ntabaza ndagutabara, nkwereke ibikomeye biruhije utamenya.'”
(Yeremiya 33:2-3)
Kugiraneza kw’Imana kuduhesha kumenya ibihishwe.
Niby’igiciro kumenya ko mu ukugiraneza kwayo,Imana iduhindura inshuti ihishurira amabanga akomeye, nkwifurije kwakira urukundo rw’Imana ukaba inshuti yayo, kuko bizatuma udatungurwa.
Rev Karayenga Jean Jacques