Yesu abwira uwo mutware ati “Nuko genda bikubere nk’uko wizeye.”Umugaragu we akira uwo mwanya. (Matayo 8:13).
Saba Yesu aguhe kwizera ku gufasha kubona igisubizo ku kibazo cyose wagira kuko bizakubera uko kwizera kwa we kungana. Mubwire!
Pst Mugiraneza J Baptiste